Abo bana bakomeretse biturutse ku ruhimbi rwahanutse ubwo ibirori byari birimbanyije, nkuko BBC yabitangaje.
Hari amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ikivunge cy’abantu gisohoka muri stade mu mujyi wa Bo, aho Perezida Julius Maada Bio n’umugore we bari bari gutanga ibikoresho by’isuku yihariye y’abakobwa.
Mu mashusho yatangajwe hagaragaramo abantu bamwe bateruye abandi bigaragara ko bakomeretese.
Perezida Bio yihanganishije abakomerekeye muri iyo mpanuka, yizeza ko abaganga bari gukora ibishoboka byose ngo bite ku bakomeretse.
Umubare w’abakomeretse ntabwo wigeze utangazwa.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!