Izi mpinduka zibaye nyuma yaho Elon Musk yinjiye mu Nama y’Ubutegetsi ya Twitter nk’umunyamigabane mushya, agahita abaza abamukurikira kuri uru rubuga impinduka bifuza.
Abantu benshi bari bamaze igihe basaba ko izo mpinduka zo gukosora zabaho, ndetse Twitter yavuze ko igiye gutangira gukora igerageza mu mezi make ari imbere.
Abantu bakoresha Twitter Blue ni bo bazagira amahirwe yo kugerageza iryo koranabuhanga riha umuntu amahirwe yo gukosora ikosa mu nyandiko.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!