Mu matora yabaye kuri uyu wa Kabiri, Ntakirutimana niwe mukandida rukumbi wari wiyamamaje kuri uwo mwanya.
Nyuma yo gutorwa, Ntakirutimana yijeje abadepite ba EALA gukorana imbaraga ze zose mu guteza imbere umuryango.
Ntakirutimana asimbuye Martin Ngoga wari kuri uwo mwanya guhera mu mwaka wa 2017.

Ntakirutimana yatorewe manda y'imyaka itanu ayoboye EALA
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!