Yahawe akazi muri FERWABA
Yitwaye neza ku mukino wa Uganda
Yatawe muri yombi
Akekwaho gusambanya umwana we
Tariki 25 Mutarama n umunsi wa 25 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 340 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi 1879: Hashinzwe Banki Nkuru y’igihugu cya Bulgaria. 1881: Thomas Edison ari kumwe na mugenzi we Alexander Graham Bell bakoze Kompanyi ikora ibijyanye n’amatelefone, bayita Oriental Telephone Company. 1915: Alexander Graham Bell yatangije gahunda ya serivisi za telefone zafashwe nka mpuzamigabane n’ubwo byabereye mu gihugu kimwe cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ubwo Graham Bell wari mu Mujyi wa New York yahamagaraga ndetse akumvikana na Thomas Watson wari i San Francisco. 1918: Igihugu cya Ukraine cyabonye ubwigenge kibohora ubukoloni bw’u Burusiya. 1919: Hashinzwe urugaga rw’ibihugu (League of Nations). 1995: Igihugu cy’u Burusiya cyagabye ibitero by’ibisasu byo mu bwoko bwa rocket muri Norvege biturutse ku ikosa ryo gukorera ubushakashatsi Abanyamerika byakozwe na Black Brant XII. 1998: Mu ruzinduko Papa Yohani Pawulo II yagiriye mu gihugu cya Cuba yasabye ko harekurwa imfungwa za politiki ndetse yongeraho ko hakwiye kuba impinduka za politiki ubwo icyo gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageregezaga gushyira mu muhezo iki gihugu. 1999: Muri Columbia habaye umutingito wari ku gipimo cya 6 ushingiye ku ngero za Richter, uyu mutingito wibasiye u Burengerazuba bwa Columbia usiga uhitanye abantu bagera ku 1000. 2003: Itsinda ry’abantu baturutse i London mu Bwongereza ryerekeje i Bagdad muri Iraq rigiye kwamagana ibitero bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ingabo bari bafatanyije mu bitero byibasiye tumwe mu duce twa Iraq, iki gikorwa kibukwa nka 2003 Invasion of Iraq. 2006: Umusifuzi wabigize umwuga ukomoka mu gihugu cya Mexico Juana Barraza yatawe muri yombi azira icyaha cyo kwivugana abagore icumi. 2010: Indege yo mu gihugu cya Ethiopie, Ethiopian Airlines Flight 409 yakoreye impanuka mu Nyanja ya Mediterane nyuma y’igihe gito ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cya Hariri i Beirut. Iyi mpanuka yahitanye abantu bagera kuri 90. 2011: Mu Misiri hatangiye gututumba impinduramatwara bihereye ku myigaragambyo, gusuzugura amabwiriza, ihagarika akazi ry’abakozi n’ibindi bikorwa byagaragaye cyane mu mijyi ya Cairo na Alexandria. Bamwe mu bavutse uyu munsi 1937: Ange-Félix Patassé, umunyapolitiki wo mu gihugu cya Central Africa, wabaye na Perezida w’iki gihugu. 1938: Shotaro Ishinomori, Umuyapani wanditse inkuru zishushanyije mu buryo bwa Manga. Bamwe mu batabarutse uyu munsi 2005: Nettie Witziers-Timmer, Umudage wakinaga imikino ngororangingo yo kwiruka (atletisme). 2010: Ali Hassan al-Majid, wari Minisitiri w’ingabo mu gihugu cya Iraq, yigeze no kuba umuyobozi mukuru w’igisirikare.
Tariki 25 Mutarama n umunsi wa 25 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 340 uyu mwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi
1879: Hashinzwe Banki Nkuru y’igihugu cya Bulgaria.
1881: Thomas Edison ari kumwe na mugenzi we Alexander Graham Bell bakoze Kompanyi ikora ibijyanye n’amatelefone, bayita Oriental Telephone Company.
1915: Alexander Graham Bell yatangije gahunda ya serivisi za telefone zafashwe nka mpuzamigabane n’ubwo byabereye mu gihugu kimwe cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ubwo Graham Bell wari mu Mujyi wa New York yahamagaraga ndetse akumvikana na Thomas Watson wari i San Francisco.
1918: Igihugu cya Ukraine cyabonye ubwigenge kibohora ubukoloni bw’u Burusiya.
1919: Hashinzwe urugaga rw’ibihugu (League of Nations).
1995: Igihugu cy’u Burusiya cyagabye ibitero by’ibisasu byo mu bwoko bwa rocket muri Norvege biturutse ku ikosa ryo gukorera ubushakashatsi Abanyamerika byakozwe na Black Brant XII.
1998: Mu ruzinduko Papa Yohani Pawulo II yagiriye mu gihugu cya Cuba yasabye ko harekurwa imfungwa za politiki ndetse yongeraho ko hakwiye kuba impinduka za politiki ubwo icyo gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageregezaga gushyira mu muhezo iki gihugu.
1999: Muri Columbia habaye umutingito wari ku gipimo cya 6 ushingiye ku ngero za Richter, uyu mutingito wibasiye u Burengerazuba bwa Columbia usiga uhitanye abantu bagera ku 1000.
2003: Itsinda ry’abantu baturutse i London mu Bwongereza ryerekeje i Bagdad muri Iraq rigiye kwamagana ibitero bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ingabo bari bafatanyije mu bitero byibasiye tumwe mu duce twa Iraq, iki gikorwa kibukwa nka 2003 Invasion of Iraq.
2006: Umusifuzi wabigize umwuga ukomoka mu gihugu cya Mexico Juana Barraza yatawe muri yombi azira icyaha cyo kwivugana abagore icumi.
2010: Indege yo mu gihugu cya Ethiopie, Ethiopian Airlines Flight 409 yakoreye impanuka mu Nyanja ya Mediterane nyuma y’igihe gito ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cya Hariri i Beirut. Iyi mpanuka yahitanye abantu bagera kuri 90.
2011: Mu Misiri hatangiye gututumba impinduramatwara bihereye ku myigaragambyo, gusuzugura amabwiriza, ihagarika akazi ry’abakozi n’ibindi bikorwa byagaragaye cyane mu mijyi ya Cairo na Alexandria.
Bamwe mu bavutse uyu munsi
1937: Ange-Félix Patassé, umunyapolitiki wo mu gihugu cya Central Africa, wabaye na Perezida w’iki gihugu.
1938: Shotaro Ishinomori, Umuyapani wanditse inkuru zishushanyije mu buryo bwa Manga.
Bamwe mu batabarutse uyu munsi
2005: Nettie Witziers-Timmer, Umudage wakinaga imikino ngororangingo yo kwiruka (atletisme).
2010: Ali Hassan al-Majid, wari Minisitiri w’ingabo mu gihugu cya Iraq, yigeze no kuba umuyobozi mukuru w’igisirikare.
Amavubi mu mukino w’ishiraniro na Togo, Mashami asabwamo guhindura imikinire
RICTA yatangiye gufasha abacuruzi kubona imbuga za Internet ku buntu.
Kwisubiraho nicyo gisubizo cy’ubuzima, igihe kiri kudushirana
Minisitiri Ngamije yaciye amarenga ku tundi duce dushobora kujya muri Guma mu rugo
Guma mu rugo, umwanya mwiza ku banditsi b’ibitabo nyarwanda
Akayabo u Rwanda rwarengera ruramutse rufite moto zikoresha amashanyarazi gusa
Facebook